Izamuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli rikomeje guhangayikisha Abanyarwanda, by’umwihariko abanyeshuri ba kaminuza na rubanda rugufi

  Kuva ku munsi wejo hashize, abaturage benshi mu Rwanda bakomeje kugaragaza impungenge zishingiye ku izamuka rikabije ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli, cyane cyane lisansi na mazutu. Iri zamuka rifite ingaruka zikomeye ku buzima bwa buri munsi, kuko ritagarukira gusa ku bijyanye no gutwara abantu n’ibintu, ahubwo rinazamura ibiciro by’ibicuruzwa n’izindi serivisi z’ingenzi zifasha abaturage mu…

Uko abatarasezeranye byemewe n’amategeko bagabana umutungo

  Mu Rwanda no mu bindi bihugu byinshi ku isi, hari abantu benshi babana nk’umugabo n’umugore ariko batasezeranye imbere y’amategeko. Hari ababiterwa n’impamvu zitandukanye zirimo gutinya inshingano zo gushyingirwa, ibibazo by’imiryango cyangwa kuba bateganya kuzabikora nyuma. Icyakora iyo abo bantu bageze igihe bagatandukana cyangwa umwe agapfa, ikibazo gihita kivuka ni iki: ese umutungo bashakanye bawugabana…

Ese koko abashyingiranywe bataramara imyaka 5 bashakanye iyo batanye Ntago bagabana umutungo?

  Mu Rwanda, ubutane ni ikibazo gikomeje kuvugisha abantu benshi, cyane cyane ku bijyanye no kugabana umutungo w’abashyingiranywe. Mu minsi ishize ku mbuga nkoranyambaga no mu biganiro kumbuga nkoranyambaga, hagiye havugwa cyane ko abashyingiranywe bataramara imyaka itanu (5) babana iyo batanye batagabana umutungo. Ibi byatumye benshi bibaza niba ari ukuri cyangwa ari amakuru y’ibihuha ….