Umugabo yasanzwe iwe yapfuye nyuma y’iminsi yaraburiwe irengero , umubiri we waratangiye kwangirika
Mu Karere ka Rubavu haravugwa inkuru ibabaje y’umugabo wari usanzwe ari umukozi wa Sosiyete y’Igihugu ishinzwe amazi n’isukura (WASAC), wasanzwe mu nzu yabagamo yarapfuye, nyuma y’iminsi itari mike aburiwe irengero. Uyu mugabo witwa Nshimiyimana Syldio, wari ufite imyaka igera kuri 38, yabonetse mu Mudugudu wa Buharara, Akagari ka Rubona, Umurenge wa Nyamyumba, aho yari…
