Umugabo yasanzwe iwe yapfuye nyuma y’iminsi yaraburiwe irengero , umubiri we waratangiye kwangirika

  Mu Karere ka Rubavu haravugwa inkuru ibabaje y’umugabo wari usanzwe ari umukozi wa Sosiyete y’Igihugu ishinzwe amazi n’isukura (WASAC), wasanzwe mu nzu yabagamo yarapfuye, nyuma y’iminsi itari mike aburiwe irengero. Uyu mugabo witwa Nshimiyimana Syldio, wari ufite imyaka igera kuri 38, yabonetse mu Mudugudu wa Buharara, Akagari ka Rubona, Umurenge wa Nyamyumba, aho yari…

Umukobwa wo mu Ruhango washutswe n’umusore bamenyaniye kuri WhatsApp amwizeza akazi, yageze i Kigali aramburwa anasambanywa

  Mu gihe ubushomeri bukomeje kuba ikibazo gihangayikishije urubyiruko, hari bamwe mu bagizi ba nabi babifashisha imbuga nkoranyambaga bashuka abakiri bato babizeza akazi, bikarangira babagiriye nabi. Ibi ni byo byabaye ku mukobwa ukiri muto wavuze ko akomoka mu Karere ka Ruhango, wahuye n’ihohoterwa rikomeye nyuma yo gushutswa n’umusore bahuriye kuri WhatsApp.   Uyu mukobwa w’imyaka…

Umugabo wishe umugore we n’umwana w’ukwezi kumwe mu Bugesera yatawe muri yombi

Mu Karere ka Bugesera humvikanye inkuru ibabaje yateye benshi agahinda n’ihungabana, aho umugabo w’imyaka 35 akurikiranyweho kwica umugore we n’umwana wabo w’uruhinja, mu buryo bwateye ubwoba. Ibi byabereye mu Murenge wa Mwogo, Ibi byongera kwibutsa abaturage ububi bw’ihohoterwa rikorerwa mu ngo n’ingaruka rikomeza guteza.   Iyi nkuru y’incamugongo yabaye mu rukerera rwo ku wa 20…

Ibiciro bya lisansi byongeye kuzamuka mu Rwanda nyuma y’iminsi 13: ubukene buri gukomanga kuri buri muturarwanda

  Nyuma y’iminsi mike gusa ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli bihinduwe, Urwego Ngenzuramikorere mu Rwanda (RURA) rwongeye gutangaza izamuka ry’ibiciro bya lisansi, ibintu byateye impungenge abaturage benshi ku bijyanye n’ubuzima bwa buri munsi. Muri iri zamuka rishya, lisansi ni yo yazamutse mu gihe mazutu yo yagumye ku giciro yari iriho mbere.   Iri zamuka rije hashize…

Ubusitani bw’Urwibutso (Garden of Memory): Ikimenyetso cy’Ubumwe, Kwibuka n’Icyizere cy’u Rwanda

Hashize imyaka ine Jeannette Kagame atangije ku mugaragaro ubusitani bwiswe Garden of Memory (Ubusitani bw’Urwibutso) mu Karere ka Kicukiro. Ni igikorwa cy’ingenzi cyashyiriweho kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ariko kikaba n’ahantu ho gutekereza, kwigira ku mateka no gukira ibikomere. Ubu busitani si ahantu hasanzwe gusa; ni igice cy’amateka akomeye igihugu cyanyuzemo, kikaba n’ikimenyetso…

Izamuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli rikomeje guhangayikisha Abanyarwanda, by’umwihariko abanyeshuri ba kaminuza na rubanda rugufi

  Kuva ku munsi wejo hashize, abaturage benshi mu Rwanda bakomeje kugaragaza impungenge zishingiye ku izamuka rikabije ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli, cyane cyane lisansi na mazutu. Iri zamuka rifite ingaruka zikomeye ku buzima bwa buri munsi, kuko ritagarukira gusa ku bijyanye no gutwara abantu n’ibintu, ahubwo rinazamura ibiciro by’ibicuruzwa n’izindi serivisi z’ingenzi zifasha abaturage mu…

Uko abatarasezeranye byemewe n’amategeko bagabana umutungo

  Mu Rwanda no mu bindi bihugu byinshi ku isi, hari abantu benshi babana nk’umugabo n’umugore ariko batasezeranye imbere y’amategeko. Hari ababiterwa n’impamvu zitandukanye zirimo gutinya inshingano zo gushyingirwa, ibibazo by’imiryango cyangwa kuba bateganya kuzabikora nyuma. Icyakora iyo abo bantu bageze igihe bagatandukana cyangwa umwe agapfa, ikibazo gihita kivuka ni iki: ese umutungo bashakanye bawugabana…

Ese koko abashyingiranywe bataramara imyaka 5 bashakanye iyo batanye Ntago bagabana umutungo?

  Mu Rwanda, ubutane ni ikibazo gikomeje kuvugisha abantu benshi, cyane cyane ku bijyanye no kugabana umutungo w’abashyingiranywe. Mu minsi ishize ku mbuga nkoranyambaga no mu biganiro kumbuga nkoranyambaga, hagiye havugwa cyane ko abashyingiranywe bataramara imyaka itanu (5) babana iyo batanye batagabana umutungo. Ibi byatumye benshi bibaza niba ari ukuri cyangwa ari amakuru y’ibihuha ….