Ibyo Ubutasi Mpuzamahanga Bwagaragaje ku Ukuri ku Ihanurwa ry’Indege ya Habyarimana n’Itangira rya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994
Ku mugoroba wo ku wa 6 Mata 1994, indege yari itwaye Perezida w’u Rwanda Juvénal Habyarimana n’u Burundi Cyprien Ntaryamira yarahanuwe igeze hafi y’ikibuga cy’indege cya Kigali i Kanombe. Mu kanya gato, abayirimo bose bahise bitaba Imana. Mu masaha make nyuma y’ihanurwa ry’indege ya Perezida Juvénal Habyarimana ku wa 6 Mata 1994, inzego zitandukanye z’ubutasi…
